Abanyeshuri icumi bagiye guhagararira u Rwanda muri Amerika mu irushanwa ry’ikoranabuhanga
Abanyeshuri 10 bo mu ishuri rya Hope Haven Christian Secondary School berekeje muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho bagiye guhagararira u Rwanda mu cyiciro cya nyuma cy’amarushanwa ya Siyansi, kizabera muri George R. Brown Convention Center. Aba bana ni abatsinze irushanwa rya First Lego League mu mwaka wa 2025-2026 ku rwego rw’igihugu. Amarushanwa ya…