Abanyeshuri icumi bagiye guhagararira u Rwanda muri Amerika mu irushanwa ry’ikoranabuhanga

Abanyeshuri icumi bagiye guhagararira u Rwanda muri Amerika mu irushanwa ry’ikoranabuhanga

Abanyeshuri 10 bo mu ishuri rya Hope Haven Christian Secondary School berekeje muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho bagiye guhagararira u Rwanda mu cyiciro cya nyuma cy’amarushanwa ya Siyansi, kizabera muri George R. Brown Convention Center. Aba bana ni abatsinze irushanwa rya First Lego League mu mwaka wa 2025-2026 ku rwego rw’igihugu. Amarushanwa ya…

Soma inkuru yose
Byagenda bite abantu bose baretse kubeshya?

Byagenda bite abantu bose baretse kubeshya?

Ejo bundi nagiye kurya muri restaurant, maze umuseriveri ambwira ko ibyo nari ntumije biri butware iminota 20. Nubwo nari nshonje cyane ariko numvaga gutegereza iminota 20 nta cyo bitwaye. Byarangiye ntegereje koko, ndategereza isaha irashira. Byatumye nibaza nti byagenda bite abantu bose baramutse babyutse kubeshya babyibagiwe? Mbese kubeshya bitakibaho. Birumvikana ko byagira ingaruka nziza hamwe…

Soma inkuru yose
Uwishema yahembwe n’umuryango ukomeye wo muri Amerika wita ku ndwara zifata ubwonko

Uwishema yahembwe n’umuryango ukomeye wo muri Amerika wita ku ndwara zifata ubwonko

Umushakashatsi w’Umunyarwanda mu bijyanye n’indwara z’ubwonko n’imyakura, Dr. Olivier Uwishema, yegukanye igihembo gikomeye cy’ubushakashatsi cyatanzwe n’Umuryango wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika uteza imbere ubuvuzi bw’ubwonko n’imyakura uzwi nka ‘American Academy of Neurology: AAN’. AAN yashinzwe mu 1948. Ni umuryango ukomeye mu bijyanye no guteza imbere ubuvuzi bw’imyakura n’ubwonko ku Isi. Mu 2023 AAN…

Soma inkuru yose
Inama y’abaminisitiri yemeje ifungurwa ry’abarenga 1800

Inama y’abaminisitiri yemeje ifungurwa ry’abarenga 1800

Inama y’Abaminisitiri yaraye iteranye iyobowe na perezida wa Repubulika Paul Kagame yemeje ko abantu 1874 bari bafunzwe bazafungurwa by’agateganyo. Mu itangazo ry’ibyemezo by’iyi nama,rigaragaza imyanzuro y’iyo nama, havugwamo ko hashyizweho iteka rya Minisitiri riteganya ifungurwa ry’agateganyo ry’abantu 1874 bari barakatiwe n’inkiko. Gusa kugeza ubu, ntiharashyirwa ahagaragara urutonde rw’abazarekurwa kandi n’impamvu z’iki cyemezo ntizatangajwe. Iki cyemezo…

Soma inkuru yose
Nyagatare: Huzuye ubusitani bugezweho bwa miliyoni 465 Frw burimo internet y’ubuntu

Nyagatare: Huzuye ubusitani bugezweho bwa miliyoni 465 Frw burimo internet y’ubuntu

I Nyagatare huzuye ubusitani bugezweho bwatwaye miliyoni 465 Frw, buzafasha abagenda uyu mujyi kubona ahantu heza ho kuruhukira. Ubu busitani bwiswe Nyagatare Urban Eco Park, bwujujwe hafi y’ibitaro bya Nyagatare mu gishanga gihari. Bwubatswe ku buso bungana na hegitari eshatu, aho bwatwaye miliyoni 465 Frw. Umuyobozi w’Agateganyo w’Akarere ka Nyagatare, Kakooza Henry, yabwiye IGIHE ko…

Soma inkuru yose
Abacuruzi basabwe kutazamura ibiciro bitwaje izamuka ry’igiciro cya lisansi

Abacuruzi basabwe kutazamura ibiciro bitwaje izamuka ry’igiciro cya lisansi

Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda (MINICOM) yasabye abacuruzi bo mu Rwanda kutazamura ibiciro by’ibicuruzwa mu buryo bunyuranyije n’amategeko, bitwaje izamuka ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli. Tariki ya 16 Mata, Urwego Ngenzuramikorere, RURA, rwazamuye igiciro cya litiro ya lisansi, kigera ku 2938 Frw kivuye ku 2303 Frw, icya mazutu cyo kiguma ku 2205 Frw yari asanzweho kuva tariki ya…

Soma inkuru yose
Ubushakashatsi: Kurya amafunguro amwe buri munsi bishobora kugufasha kugabanya ibiro

Ubushakashatsi: Kurya amafunguro amwe buri munsi bishobora kugufasha kugabanya ibiro

Kurya amafunguro amwe buri munsi kandi ayo mafunguro akaba arimo ‘Carlories’ zingana , bishobora gufasha abantu kugabanya ibiro byabo ndetse n’umubyibuho ukabije nk’uko ubushakashatsi bubivuga. Bamwe mu bakoreweho ubwo bushakashatsi , batangiye gutakaza ibiro byabo nyuma y’ibyumweru 12 ,uhereye umunsi batangiriyeho gukurikiza  izo nama nk’uko byanditswe muri ‘Health Psychology ahashyizwe ubwo bushakashatsi. “Hari ibimenyetso byinshi…

Soma inkuru yose
Abagabo basabwe gufatanya n’abagore mu gukora imirimo idahemberwa

Abagabo basabwe gufatanya n’abagore mu gukora imirimo idahemberwa

Abagabo basabwe gutinyuka bagafatanya n’abagore mu gukora imirimo idahemberwa abashakanye bakora mu ngo z’abo kuko bigira uruhare mu iterambere ry’umuryango n’igihugu muri rusange. Mu biganiro byahuje UN Women mu Rwanda n’abayobozi bashinzwe imibereho myiza mu nzego z’ubuyobozi bw’ibanze, hagaragajwe ko imirimo idahemberwa igira uruhare mu iterambere ry’umuryango nubwo hari abo usanga batabiha agaciro. Itegeko rigenga…

Soma inkuru yose
Imishinga itanu iri gukoreshwamo miliyari 735 Frw habungwabungwa ibidukikije

Imishinga itanu iri gukoreshwamo miliyari 735 Frw habungwabungwa ibidukikije

Ibidukikije ni ingingo abantu bamwe na bamwe bakerensa, cyangwa ntibayihe agaciro ariko ikaba inkingi mwikorezi mu buzima bwa buri munsi bwa muntu kuko iyo bititaweho biteza ingaruka zikomeye ubuzima bw’abantu n’ibyabo bigatikira. Tekereza mu cyi hamwe abantu baba biteze izuba ryinshi hakagwa imvura y’amahindu, byinshi bikangirika, cya gihe hitezwe imvura abantu barahinze bikomeye hakava izuba…

Soma inkuru yose
U Rwanda rwatangije uburyo bushya bwo guhangana na Malaria

U Rwanda rwatangije uburyo bushya bwo guhangana na Malaria

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima, RBC, cyatangije uburyo bushya bwo gukoresha imiti igamije guhangana n’indwara ya Malaria, mu rwego rwo kwirinda ko umuti umwe ukomeza gukoreshwa cyane bikagabanya ubushobozi bwawo bwo kuvura iyi ndwara. RBC ivuga ko gukoresha ubwoko bumwe bw’umuti usanzwe umenyerewe nka Coartem igihe kirekire bishobora gutuma agakoko gatera Malaria kagira ubudahangarwa kuri wo….

Soma inkuru yose
Rihanna yagaragaye akenyeye ‘echarpe’ bitungura benshi

Rihanna yagaragaye akenyeye ‘echarpe’ bitungura benshi

Robyn Rihanna Fenty wamamaye nka Rihanna, yongeye kugaragaza umwihariko mu myambarire ye nyuma yo gufotorerwa i Los Angeles, akenyeye ‘echarpe’ bigatungura benshi. Uyu muco wo kwifubika cyangwa gukenyera uyu mwenda woroshye ku mubiri usanzwe uzwi cyane mu bihugu bya Afurika birimo n’u Rwanda, cyane cyane mu buzima bwo mu rugo bw’abagore nko gukora amasuku, guteka…

Soma inkuru yose