U Rwanda rugiye gutangiza urubuga rushya ruzafasha guhanga udushya mu rwego rw’ibiribwa

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko igiye gutangiza uburyo bushya buzahuza inzego zitandukanye hagamijwe guteza imbere udushya mu rwego rw’ubuhinzi n’ibiribwa, mu rwego rwo kongera umusaruro, kugabanya ibihombo no gukomeza urugendo rwo kwihaza mu biribwa. Ibi byatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr. Solange Uwituze, wavuze ko uru rubuga ruzitwa Rwanda Food Innovation Partnership…

Soma inkuru yose
amafunguro

Ubushakashatsi: Kurya amafunguro amwe buri munsi bishobora kugufasha kugabanya ibiro

Kurya amafunguro amwe buri munsi kandi ayo mafunguro akaba arimo ‘Carlories’ zingana , bishobora gufasha abantu kugabanya ibiro byabo ndetse n’umubyibuho ukabije nk’uko ubushakashatsi bubivuga. Bamwe mu bakoreweho ubwo bushakashatsi , batangiye gutakaza ibiro byabo nyuma y’ibyumweru 12 ,uhereye umunsi batangiriyeho gukurikiza  izo nama nk’uko byanditswe muri ‘Health Psychology ahashyizwe ubwo bushakashatsi. “Hari ibimenyetso byinshi…

Soma inkuru yose