Pariki ya Nyandungu igiye kwakira Iserukiramuco Mpuzamahanga ry’Ubugeni n’Ibidukikije

Pariki ya Nyandungu, imwe mu hantu nyaburanga hakomeje gukurura abakerarugendo benshi mu Mujyi wa Kigali, igiye kwakira iserukiramuco mpuzamahanga rizahuza abahanzi n’abanyabugeni bo hirya no hino ku Isi mu rwego rwo guteza imbere ubukangurambaga bwo kubungabunga ibidukikije binyuze mu bugeni. Iri serukiramuco riteganyijwe kuba hagati ya Kanama 2026 na Werurwe 2027, rikazaba ririmo ibikorwa bitandukanye…

Soma inkuru yose
Ibishanga

Kigali: Umushinga wo Gutunganya Ibishanga Bitanu Ugeze kuri 94% – Ibyo Ukwiye Kumenya

Minisiteri y’Ibikorwaremezo (MININFRA) yatangaje ko imirimo yo kuvugurura no gutunganya ibishanga bitanu binini byo mu Mujyi wa Kigali igeze ku kigero cya 94%. Uyu mushinga mugari ukorerwa ku buso bwa hegitari 491, ugamije kurwanya imyuzure, kubungabunga urusobe rw’ibinyabuzima, no guha abaturage ahantu heza ho kuruhukira no kwidagadurira. Umwihariko wa Buri Gishanga Ibi bishanga biri gutunganywa…

Soma inkuru yose

Nyamasheke: Bamwe mu baturage babangamiwe n’ibihombo baterwa n’inyamaswa zo muri Pariki ya Nyungwe.

Bamwe mu baturage bo mu karere ka Nyamasheke, umurenge wa Rangiro, bavuga ko bahangayikishijwe n’ibihombo baterwa n’inyamaswa ziva muri pariki ya Nyungwe mu masaha y’ijoro n’igitondo zikabangiriza imyaka. Aba baturage by’umwihariko abo mu tugari twa Banda na Gakenke, bavuga ko uko iminsi ishira ari ko inyamaswa ziva muri pariki ziyongera, zikabangiriza ibyakabatungiye imiryango, bikanishyurira abana…

Soma inkuru yose

Ingagi zikuze mu Rwanda zirimo “Agashya” na “Gutangara” zikomeje kuba ikimenyabose

Mu myaka myinshi ishize, u Rwanda rwashyize imbaraga nyinshi mu kubungabunga ingagi zo mu misozi miremire nyuma yo kubona ko zari ziri mu kaga ko gucika ku Isi. Izi nyamanswa zidasanzwe zisigaye ziboneka hake cyane ku Isi, cyane cyane mu bihugu byo muri Afurika y’Iburasirazuba birimo Rwanda, Uganda na Democratic Republic of the Congo. Mu…

Soma inkuru yose

Musanze: hari kubakwa ikimoteri kigezweho kizatunganya imyanda ikabyazwa ifumbire n’ibicanwa

Ikigo gishinzwe Amazi, Isuku n’Isukura (WASAC Group), ku bufatanye n’Akarere ka Musanze, bari kubaka ikimoteri kigezweho kizajya gitunganya imyanda itandukanye ikomoka mu ngo n’ikorwa n’abaturage, ikabyazwa ifumbire n’ibicanwa bya Briquet. Iki kimoteri kiri kubakwa mu Murenge wa Gacaca ku buso bwa hegitari 6,8, kikazuzura gitwaye miliyari 4,5 Frw. Imirimo yo kucyubaka yatangiye mu 2024, ikaba…

Soma inkuru yose

Impamvu Isi Ikomeje Gushyuha Buri Munsi.

Isi iri gushyuha kurusha uko byari bisanzwe. Mu myaka ishize, isi yakomeje guhura n’ibibazo bikomeye by’ihindagurika ry’ikirere. Ubushyuhe bukomeje kwiyongera, amapfa akaza kenshi, imyuzure ikangiza ibikorwa remezo ndetse n’inkubi z’umuyaga zikaba nyinshi kurusha mbere. Abashakashatsi bavuga ko ibi atari ibintu bisanzwe, ahubwo ko bifitanye isano n’ibikorwa by’ikiremwamuntu. Icyo ubushakashatsi bwerekana. Raporo zitandukanye zakozwe n’itsinda mpuzamahanga…

Soma inkuru yose

U Rwanda rwakajije ingamba zo kubungabunga urusobe rw’ibinyabuzima

Mu gihe isi yose ikomeje guhangana n’ingaruka z’imihindagurikire y’ibihe ndetse n’iyangirika ry’ibidukikije, u Rwanda rukomeje gushyira imbaraga mu bikorwa byo kubungabunga urusobe rw’ibinyabuzima no kurengera ibidukikije. Buri mwaka ku wa 05 Kamena, isi yizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Ibidukikije, aho u Rwanda na rwo rwifatanya n’ibindi bihugu mu bikorwa byo gukangurira abaturage kurushaho kwita ku bidukikije. Uruhare…

Soma inkuru yose
imishinga

Imishinga itanu iri gukoreshwamo miliyari 735 Frw habungwabungwa ibidukikije

Ibidukikije ni ingingo abantu bamwe na bamwe bakerensa, cyangwa ntibayihe agaciro ariko ikaba inkingi mwikorezi mu buzima bwa buri munsi bwa muntu kuko iyo bititaweho biteza ingaruka zikomeye ubuzima bw’abantu n’ibyabo bigatikira. Tekereza mu cyi hamwe abantu baba biteze izuba ryinshi hakagwa imvura y’amahindu, byinshi bikangirika, cya gihe hitezwe imvura abantu barahinze bikomeye hakava izuba…

Soma inkuru yose