Amateka n’ukuri ku muhango wo guterekera mu muco nyarwanda

Mu Rwanda rwo hambere, umuhango wo guterekera wari umwe mu mihango gakondo yifashishwaga mu kuzirikana abakurambere no kwibuka ibikorwa by’indashyikirwa bakoze bakiriho. Nubwo uko imyaka yagiye ishira indi igataha hari abantu batangiye kuwufata nk’igikorwa gifitanye isano no gusenga ibigirwamana, bamwe mu bashakashatsi b’umuco bavuga ko guterekera atari ukwiyambaza abazimu, ahubwo ko byari uburyo bwo guha…

Soma inkuru yose

Abasore batihutira kujya mu rukundo bakiri bato baba bafite amahirwe yo kuzashaka neza

Mu gihe urubyiruko rw’iki gihe rukunze gushyirwa ku gitutu cyo gushaka abakunzi hakiri kare, hari ibitekerezo biri gukwirakwira mu biganiro by’imibereho n’imbuga nkoranyambaga bivuga ko abasore bamara igihe kinini badafite abakunzi bakiri bato baba bashobora kuzagira amahirwe menshi yo kuzubaka urukundo rufite icyerekezo igihe bakuze. Icyo ubusesenguzi buvuga Abasesenguzi bamwe mu bijyanye n’imibanire bavuga ko…

Soma inkuru yose

Menya amateka y’Umunsi Mpuzamahanga wahariwe Umubyeyi

Buri mwaka mu cyumweru cya kabiri cya Gicurasi, ibihugu byinshi ku Isi byizihiza Mother’s Day, umunsi wahariwe gushimira no guha icyubahiro ababyeyi kubera uruhare rukomeye bagira mu buzima bw’imiryango n’iterambere ry’umuryango mugari. Uyu munsi wizihizwa cyane muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ndetse no mu bindi bihugu byinshi byo ku Isi, aho abantu bafata umwanya…

Soma inkuru yose

Sobanukirwa byinshi utari uzi ku Idini rya “Baha’i” rikorera mu Rwanda

Mu mfuruka zitandukanye z’u Rwanda, hari amadini n’amatorero menshi afite imyemerere yihariye, ariko iry’aba-Baha’i riracyari mu ngero zigarukwaho cyane kubera amahame yaryo anyuranye n’ay’andi madini menshi asanzwe amenyerewe. Ni idini rimaze imyaka irenga 70 rishinze imizi ku butaka bw’u Rwanda, aho ryatangiye kuhakorera mu buryo bwemewe mu mwaka wa 1953, rikaba riyoborwa n’inyigisho z’Intumwa Bahá’u’lláh….

Soma inkuru yose

Kuki Twambikana Impeta? Amateka n’Ibisobanuro Byihishe Inyuma Yayo

Mu buzima bwa buri munsi, impeta ni ikintu gifite igisobanuro kinini mu bijyanye n’urukundo n’ishyingiranwa, n’umwanya wihariye cyane. Impeta ni igikoresho cy’ubukwe cyangwa ikimenyetso cy’ubusabane bw’umubano, kikaba gikoreshwa cyane mu mibanire hagati y’abashakanye cyangwa abifuza kubana mu buryo bwemewe n’amategeko. Kwambikana impeta si umuhango uje mu myaka micye ishize, ahubwo ni umuco umaze ibinyejana byinshi…

Soma inkuru yose
kubeshya

Byagenda bite abantu bose baretse kubeshya?

Ejo bundi nagiye kurya muri restaurant, maze umuseriveri ambwira ko ibyo nari ntumije biri butware iminota 20. Nubwo nari nshonje cyane ariko numvaga gutegereza iminota 20 nta cyo bitwaye. Byarangiye ntegereje koko, ndategereza isaha irashira. Byatumye nibaza nti byagenda bite abantu bose baramutse babyutse kubeshya babyibagiwe? Mbese kubeshya bitakibaho. Birumvikana ko byagira ingaruka nziza hamwe…

Soma inkuru yose