Muri gutera urujijo Abanyarwanda – Minisitiri Nduhungirehe Ntari kuvuga rumwe na Mutesi Scovia
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko atanyuzwe n’uburyo ibiganiro bya Mama Urwagasabo TV byasesenguye ubutumwa yari yanditse ku rubuga rwa X, avuga ko byateye urujijo mu banyarwanda. Ibi byakurikiye ikiganiro cyatambutse kuri Mama Urwagasabo TV, aho abanyamakuru bagarutse ku butumwa Minisitiri Nduhungirehe yari yanditse mu rurimi rw’Igifaransa, bavuga ku byabereye mu…
