U Rwanda Rwakiriye Abandi Bimukira 173 Baturutse muri Libya Basaba Ubuhungiro

Guverinoma y’u Rwanda yongeye kwakira icyiciro gishya cy’abimukira n’abasaba ubuhungiro 173 bavanwe muri Libya, mu rwego rwo gukomeza gahunda yo gutabara Abanyafurika bahura n’ibibazo by’umutekano n’ihohoterwa mu rugendo rwo gushaka ubuzima bwiza. Aba bimukira bageze mu Rwanda mu ijoro ryo ku wa 17 Kamena 2026, bakaba bagizwe n’abaturage bakomoka mu bihugu bitandukanye byo ku Mugabane…

Soma inkuru yose

Putin yavuze ko intambara ya Ukraine ishobora kuba iri kugana ku musozo

Perezida w’uburusiya Vladimir Putin yavuze ko abona intambara igihugu cye kirimo na Ukraine ishobora kuba iri kugera ku musozo, mu ijambo yagejeje ku banyamakuru nyuma y’umuhango wo kwizihiza intsinzi y’Abasoviyeti mu Ntambara ya Kabiri y’Isi Yose wabereye i Moscow. Putin yavuze ko icyo u Burusiya bwise “ibikorwa bya gisirikare byihariye” muri Ukraine bishobora kurangira vuba,…

Soma inkuru yose