Leta y’u Rwanda igiye gukaza igenzura ku nganda zubatse mu bice bituwemo n’abaturage

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko igiye kongera imbaraga mu igenzura ry’inganda zubatse mu duce dutuwemo n’abaturage, hagamijwe kureba izishobora kuba zibangamiye ubuzima bw’abahatuye no kuzisaba kwimurira ibikorwa byazo mu byanya byabugenewe. Ibi byagarutsweho ubwo gahunda yo guteza imbere ibikorwa remezo mu byanya by’inganda yagezwaga ku basenateri. Muri icyo kiganiro, hagaragajwe impungenge zishingiye ku nganda zimwe…

Soma inkuru yose