INEZA Marie Grace

Umuneke: Urubuto rwifitemo intungamubiri zifasha umutima, ubwonko n’igogorwa

Abahanga mu by’imirire n’ubuzima bemeza ko umuneke ari kimwe mu biribwa bikungahaye ku ntungamubiri zifasha umubiri gukora neza. Uru rubuto rurimo potasiyumu (potassium), magnesium, vitamine B6, vitamine C ndetse na fibre, byose bifite uruhare mu kubungabunga ubuzima bw’umuntu. Nubwo umuneke ukunze kuribwa nk’imbuto isanzwe cyangwa nk’akajyo hagati y’amafunguro, ubushakashatsi butandukanye bugaragaza ko ushobora kugira uruhare…

Soma inkuru yose

Kuki Uhora Unaniwe? Ukuri Abahanga Bahishura ku Munaniro Ukabije

Mu gihe benshi babyuka buri gitondo bumva bananiwe n’ubwo baba baryamye amasaha ahagije, abahanga mu buzima bavuga ko umunaniro ukabije utari ikibazo cyo kubura ubushake bwo gukora cyangwa ubunebwe, ahubwo ari ikimenyetso gishobora kwerekana ko umubiri n’ubwonko byarengewe n’imitwaro y’ubuzima bwa buri munsi. Mu buzima bwa none burangwa n’akazi kenshi, guhangayika no guhora umuntu yiruka…

Soma inkuru yose

URUBYIRUKO MU MUTEGO W’IBIYOBYABWENGE: INZOZI N’EJO HAZAZA BIRI KUZIMIRA BUCECE

Urubyiruko ni rwo mbaraga igihugu cyubakiraho ejo hazaza. Ni rwo rutegerezwaho kuzamura ubukungu, guteza imbere ikoranabuhanga no gutanga ibisubizo ku bibazo igihugu gihura na byo. Nyamara, mu gihe ari rwo rwagakomeje kuba isoko y’iterambere, hari ikibazo gikomeje kururya bucece ari cyo ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge. Mu Rwanda, ibiyobyabwenge bikomeje kuba ikibazo gihangayikishije inzego z’ubuzima, iz’umutekano n’imiryango myinshi….

Soma inkuru yose

Ibiryo Urya Buri Munsi Bishobora Kukurinda Indwara Cyangwa Kuzigutera

Mu gihe abantu benshi bakomeje kwibasirwa n’indwara zirimo diyabete, umutima n’umuvuduko w’amaraso, abaganga bavuga ko kimwe mu bintu bikomeye bishobora kubitera cyangwa kubyirinda ari ibiryo umuntu afata buri munsi. Hari abantu batekereza ko kurya indyo yuzuye bisaba amafaranga menshi, nyamara abahanga mu mirire bavuga ko no kurya ibiribwa bisanzwe biboneka hafi yacu bishobora gufasha umubiri…

Soma inkuru yose

Pome: Urubuto rufasha umubiri guhangana n’indwara

Muri iki gihe isi yugarijwe n’indwara zitandukanye zirimo iz’umutima, diyabete n’umubyibuho ukabije, abahanga mu by’ubuzima bakomeje gushishikariza abantu kurya imbuto n’imboga kugira ngo babungabunge ubuzima bwabo. Mu mbuto zifite akamaro kanini harimo pome, urubuto rukungahaye kuri vitamini C, fibres na antioxidants bifasha umubiri gukora neza. Ubushakashatsi butandukanye bugaragaza ko kurya pome buri gihe bishobora gufasha…

Soma inkuru yose

Umutekano Muke Muri Cabo Delgado Ukomeje Guhungabanya Ubuzima bw’Abaturage

Mu Ntara ya Cabo Delgado iri mu majyaruguru ya Mozambique, umutekano ukomeje kuzamba bitewe n’ibitero by’inyeshyamba ziyitirira idini ya Islamu, ibintu bikomeje gushyira abaturage mu bwoba no gutuma benshi bahunga ingo zabo. Umwepiskopi wa Quelimane Agaragaza Uburemere bw’Ibibazo Umwepiskopi wa Diyosezi Gatolika ya Quelimane, Osório Citora Afonso, yatangaje ko ubuzima bw’abaturage bo muri Cabo Delgado…

Soma inkuru yose