Ubuzima burushaho guhenda mu Rwanda ibiciro by’ubwikorezi byazamutseho 24,2%

Ibiciro by’ibicuruzwa na serivisi mu Rwanda byakomeje kuzamuka, aho mu kwezi kwa Nyakanga 2026 byiyongereyeho 14,5% ugereranyije n’ukwezi kwa Nyakanga 2025. Ibi bigaragazwa n’imibare mishya y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR, yashyizwe ahagaragara ku wa 10 Kanama 2026. Iyi mibare igaragaza ko izamuka ry’ibiciro ryakomeje kugira ingaruka ku bice bitandukanye bigize imibereho y’abaturage. Amakuru arambuye kuri iyi…

Soma inkuru yose

Impamvu zitera ifaranga ry’ibihugu biri mu nzira y’iterambere guta agaciro.

Ifaranga ni inkingi y’ubukungu bw’igihugu. Rikoreshwa mu kugura, kugurisha no kubika agaciro k’umutungo. Agaciro k’ifaranga kagaragaza ubushobozi igihugu gifite ku masoko mpuzamahanga no mu mibereho y’abaturage,Mu myaka yashize, ibihugu byinshi biri mu nzira y’iterambere byahuye n’ikibazo cyo guta agaciro kw’ifaranga. Ibi byateye izamuka ry’ibiciro, ubuzima burushaho guhenda ndetse n’ubukungu buradindira. Raporo za International Monetary Fund…

Soma inkuru yose