Ubuzima burushaho guhenda mu Rwanda ibiciro by’ubwikorezi byazamutseho 24,2%

Ibiciro by’ibicuruzwa na serivisi mu Rwanda byakomeje kuzamuka, aho mu kwezi kwa Nyakanga 2026 byiyongereyeho 14,5% ugereranyije n’ukwezi kwa Nyakanga 2025. Ibi bigaragazwa n’imibare mishya y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR, yashyizwe ahagaragara ku wa 10 Kanama 2026. Iyi mibare igaragaza ko izamuka ry’ibiciro ryakomeje kugira ingaruka ku bice bitandukanye bigize imibereho y’abaturage. Amakuru arambuye kuri iyi…

Soma inkuru yose

Minisitiri Sebahizi yasobanuye impamvu itumizwa ry’isukari mu mahanga ryagabanutseho 36%

Imibare mishya ituruka muri Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda (MINICOM) igaragaza ko mu mwaka wa 2025, ingano y’isukari u Rwanda rwatumiza mu mahanga yamanutse cyane ugereranyije n’umwaka wabanjirije. Ibi byajyaniranye n’igabanuka ry’agaciro k’amafaranga igihugu cyasohoraga kuri iki gicuruzwa. Raporo nshya ya MINICOM igaragaza ko mu mwaka wa 2025, u Rwanda rwatumije mu mahanga toni 195,610 z’isukari zifite…

Soma inkuru yose