Taleb wa APR FC yavuze ko batsinzwe ariko batazacika intege, ashimangira ko bagiye gukosora amakosa

Nyuma yo kunyagirwa na Gor Mahia ibitego 5-0 mu mukino wa mbere wa CECAFA Kagame Cup 2026, umutoza wa APR FC, Taleb Abderrahim, yatangaje ko iryo tsindwa rikomeye ritagomba gufatwa nk’ikimenyetso cy’uko ikipe ye ari intege nke, ahubwo ko ryaturutse ku makosa agomba gukosorwa mbere y’imikino ikurikira. APR FC iri mu rugendo rwo gushaka kwisubiza…

Soma inkuru yose

Ese Umugore Utwite Agomba Gukora Imirimo Yose? Sobanukirwa!

Gutwita ni urugendo rw’ingenzi mu buzima bw’umugore, rusaba kwitabwaho by’umwihariko kugira ngo umubyeyi n’umwana bazavuke bafite ubuzima bwiza. Nubwo gutwita atari uburwayi, hari ibikorwa bimwe na bimwe umugore utwite asabwa kwitondera cyangwa kwirinda kugira ngo hatazagira ingaruka ku buzima bwe cyangwa ubw’umwana atwite. Abahanga mu by’ubuzima bavuga ko umugore utwite ashobora gukomeza gukora imirimo yoroheje…

Soma inkuru yose