Shakira na Burna Boy biteguye gutaramira ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Isi

Shakira na Burna Boy bakoze imyitozo ya nyuma n’itsinda ry’abana b’ababyinnyi rya Ghetto Kids ryo muri Uganda, mu rwego rwo kwitegura igitaramo kizasusurutsa abafana mu kiruhuko cy’igice cya mbere cy’umukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026. Aba bahanzi bagaragaye bakorana imyitozo n’aba bana bamamaye ku Isi kubera impano yabo mu kubyina. Ghetto Kids yigeze no…

Soma inkuru yose

Argentina isezereye u Bwongereza igera ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi

Ikipe y’igihugu ya Argentina yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026 nyuma yo gutsinda u Bwongereza ibitego 2-1 mu mukino wa 1/2 wabereye muri Atlanta, ikomeza urugendo rwo gushaka kwisubiza igikombe. Uyu mukino watangiye amakipe yombi atangirana imbaraga asatira, ariko igice cya mbere kirangira ari ubusa ku busa. Mu gice cya kabiri, u…

Soma inkuru yose