Ikigega cya pansiyo mu Rwanda: Ishoramari ryacyo ryagira uruhe ruhare mu iterambere ry’ubukungu?

Abasesenguzi bagaragaza ko ikigega cya pansiyo ari umwe mu bashoramari bakomeye mu bukungu bw’u Rwanda, mu gihe hakomeje kwibazwa uko umutungo wacyo wakomeza gutanga umusaruro ku banyamuryango no gufasha mu iterambere ry’igihugu. Ikigega cya pansiyo gifite umwanya ukomeye mu bukungu bw’igihugu kubera umutungo gikoresha mu ishoramari ry’igihe kirekire. Uko ayo mafaranga ashorwamo bishobora kugira uruhare…

Soma inkuru yose