Ibintu bine Minisitiri Utumatwishima asaba urubyiruko kwitaho kugira ngo rutere imbere

Ibintu bine Minisitiri Utumatwishima asaba urubyiruko kwitaho kugira ngo rutere imbereMinisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Abdallah, yasabye urubyiruko rw’u Rwanda kwita ku bintu bine by’ingenzi birimo kugira ubuzima bwiza, gushaka ubumenyi, gutozwa no kugira uruhare mu nzego zifata ibyemezo. Amakuru dukesha IGIHE Avuga ko ibi Minisitiri Utumatwishima yabigarutseho kuri uyu wa 15 Kanama 2026,…

Soma inkuru yose