Mu ibanga rikomeye cyane Irene Murindahabi akaba yigaranzuye iy’ubusiribateri

Umunyamakuru Murindahabi Iréné, uzwi nka M. Iréné, yasezeranye imbere y’amategeko na Nikuze Liliane, mu muhango wabereye mu Murenge wa Gishari mu Karere ka Rwamagana, witabirwa n’abantu batandukanye barimo ibyamamare bikomeye mu myidagaduro nyarwanda. Nk’uko amakuru dukesha IGIHE abivuga, uyu muhango wabaye ku mugoroba wo kuri uyu munsi, aho M. Iréné na Nikuze Liliane bageze ku…

Soma inkuru yose