Nyuma yo Gutoranywa na Apple Music, Element EleéeH Agiye Gutaramira Abakunzi Be Muri Amerika

Umuhanzi nyarwanda akaba n’umutunganya w’indirimbo, Mugisha Robinson wamamaye nka Element EleéeH, agiye gutangira urugendo rw’ibitaramo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA), mu gikorwa gitegerejweho kumwegereza abakunzi be batuye muri diaspora no gukomeza guteza imbere umuziki nyarwanda ku rwego mpuzamahanga. Uru rugendo rwiswe “USA Tour”, ruzaba mu mezi y’Ugushyingo n’Ukuboza 2026, aho Element EleéeH azataramira…

Soma inkuru yose

Bruce Melodie na The Ben basabye abafana gushyigikira ubumwe mu muziki nyarwanda

Abahanzi bakomeye mu Rwanda, Bruce Melodie na The Ben, basabye abakunzi b’umuziki gushyigikira ubumwe n’imikoranire hagati y’abahanzi, mu gihe bitegura gutangira ibitaramo bizenguruka igihugu byiswe “Summer Country Tour”. Ibi babigarutseho mu kiganiro n’abanyamakuru cyabereye muri Camp Kigali, aho bagaragaje ko igihe kigeze kugira ngo amarushanwa hagati y’abahanzi abe ayubaka uruganda rw’umuziki aho kuba ayarusenya. The…

Soma inkuru yose