I Burayi: Abantu bashyiriweho uburenganzira bwo kwidagadura bambaye ubusa

Mu gihe ibihugu byinshi byo ku Mugabane w’u Burayi bikomeje kwibasirwa n’ubushyuhe bukabije muri iki gihe cy’impeshyi, agace ka Bredene Nudist Beach gaherereye mu Bubiligi karimo kwakira umubare munini w’abakerarugendo, cyane cyane abifuza kwiruhukira ku mucanga batambaye imyenda. Nk’uko 7sur7 yabitangaje, ubushyuhe buri kwibasira ibice byinshi by’u Burayi bwatumye abantu benshi bashaka ahantu hatuje kandi…

Soma inkuru yose

RDB Yatangaje Amasaha Mashya y’Ubucuruzi mu Gihe cy’Imikino y’Igikombe cy’Isi

Urwego rw’Igihugu Rushinzwe Iterambere (RDB) rwatangaje amabwiriza mashya agenga amasaha y’ubucuruzi n’ubukerarugendo mu Rwanda mu gihe cy’imikino y’Igikombe cy’Isi, hagamijwe korohereza abaturage n’abakerarugendo gukurikirana iyo mikino no kwidagadura mu buryo bwubahiriza amategeko. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa 12 Kamena 2026, RDB yavuze ko ayo mabwiriza azatangira kubahirizwa kuva ku wa 12 Kamena kugeza…

Soma inkuru yose

Kibeho irimo kwagura amacumbi mashya ategerejweho gukemura ikibazo cy’abakerarugendo baburaga aho barara

Mu gihe ubukerarugendo bushingiye ku iyobokamana bukomeje kwiyongera mu Karere ka Nyaruguru, by’umwihariko ku Butaka Butagatifu bwa Kibeho, ubuyobozi bw’akarere ku bufatanye n’abikorera n’inzego z’amadini bukomeje gushora imari mu bikorwa by’amacumbi hagamijwe gukemura ikibazo cy’abashyitsi bajyaga babura aho bacumbika. Kibeho izwi ku rwego mpuzamahanga kubera amabonekerwa ya Bikira Mariya yemejwe na Kiliziya Gatolika, ikomeje kwakira…

Soma inkuru yose