Ibimenyetso bizakwereka ko umukunzi wawe agukundira amafaranga
Muri iki gihe, kumenya niba umuntu mukundana agukunda by’ukuri cyangwa niba hari izindi nyungu agukurikiranyeho si ko buri gihe biba byoroshye. Urukundo rushobora kubamo gufashanya mu buzima, ariko iyo amafaranga atangiye kuba yo shingiro ry’umubano, bishobora gutuma umwe atangira kwibaza niba uwo bakundana amwitayeho nk’umuntu cyangwa niba amafaranga ye ari yo amukurikiranyeho. Nta kimenyetso kimwe…
