Burya amarira ni ikintu cy’ingenzi mu buzima

Mu muco nyarwanda hari imvugo igira iti “nta mugabo urira”, ndetse hakaba n’abavuga ko “amarira y’umugabo atemba ajya mu nda.” Icyakora, burya kurira si ikimenyetso cy’intege nke gusa. Mu bihe bimwe na bimwe, bishobora kuba uburyo umubiri n’umutima bigaragazamo kandi bigasohoramo amarangamutima. Mu Buyapani, ,hamaze kugaragara ibikorwa bizwi nka “crying clubs”, aho abantu bahurira ahantu…

Soma inkuru yose