Minisitiri Nduhungirehe yavuze ko ikirego RDC yareze u Rwanda Muri ICJ ari “Amayeri ya Politiki”

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yavuze ko ikirego Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yajyanye mu Rukiko Mpuzamahanga rw’Ubutabera (ICJ) kigamije impamvu za politiki, aho yavuze ko ari uburyo bwo guhisha ubufatanye Leta ya RDC ifitanye n’umutwe wa FDLR u Rwanda rushinja kuba ugizwe n’abagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Ibi yabitangaje ku…

Soma inkuru yose

RDC yareze u Rwanda mu Rukiko Mpuzamahanga rw’Ubutabera

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyikirije Urukiko Mpuzamahanga rw’Ubutabera (ICJ) ikirego irega u Rwanda, irushinja kurenga ku masezerano mpuzamahanga atandukanye ajyanye no kurengera uburenganzira bwa muntu no gukumira ibyaha bikomeye. Nk’uko TEDROS INFO yabitangaje kuwa 26 Kamena 2026, iki kirego cyashyikirijwe urwo rukiko na Minisitiri w’Ubutabera wa RDC, Guillaume Ngefa, uri mu ruzinduko i…

Soma inkuru yose

Putin yavuze ko intambara itazarangira u Burusiya butaragera ku ntego zabwo

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yongeye gushimangira ko igihugu cye kitazahagarika ibikorwa bya gisirikare muri Ukraine kugeza igihe intego zacyo zose zizaba zagezweho, nubwo Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yakomeje gusaba ibiganiro by’amahoro hagati y’impande zombi. Mu ijambo yagejeje ku bitabiriye ihuriro ry’ubukungu ryabereye i Saint Petersburg ku wa 5 Kamena 2026, Putin yavuze ko…

Soma inkuru yose