Me Nyembo yagaragaje ikosa rikomeye abagiye gukora ubukwe bakora, rikazasenya ingo
Me Nyembo Emeline, umunyamategeko wunganira abantu mu manza mbonezamubano, yavuze ko imwe mu mpamvu zituma ingo zimwe zisenyuka ari uko abantu bamara igihe kinini bategura ubukwe, ariko ntibategure ubuzima bw’urugo bagiye kubamo. Amakuru dukesha IGIHE avuga ko ibi yabigarutseho mu kiganiro Urubuga rw’Itabazamurku, cyari cyibanze ku bwiyongere bw’ingo zisenyuka mu Rwanda. Me Nyembo yavuze ko…
