Huye: Abakorera mu isoko rya Rango bahuguwe ku gukumira no kurwanya inkongi z’umuriro

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo yahuguye abarema n’abakorera mu isoko rya kijyambere rya Rango mu Karere ka Huye, ibereka uburyo bwo kwirinda, gukumira no guhangana n’inkongi z’umuriro kuri uyu wa 8 Kanama 2026. Aya mahugurwa yari agamije kongerera abitabiriye ubumenyi bw’ibanze ku nkongi z’umuriro, kugira ngo igihe habaye impanuka bashobore gufata ingamba zihuse…

Soma inkuru yose