MINEDUC yasobanuye ikosa ryatumye uwabaye uwa mbere mu bizamini bya Leta ataboneka mu muhango wo gutanga ibihembo
Ku wa 20 Kanama 2026, ku mbuga nkoranyambaga havutse impaka nyuma y’uko Uwamariya Leontine, wabaye uwa mbere mu bizamini bya Leta bisoza icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye, atagaragaye mu muhango wo gutanga ibihembo. Uwamariya ukomoka mu Karere ka Rusizi, yigaga mu Ishuri ry’Isumbuye rya ISF Nyamasheke, aho yagize amanota 98,7%, anganya na Musonga Isimbi Orah wigaga…
