Se wa Kitoko yitabye Imana
Se w’umuhanzi Kitoko Bibarwa Patrick yitabye Imana mu ijoro ryo ku wa 26 Nyakanga 2026, nyuma y’igihe yari amaze avurirwa mu Bitaro Byitiriwe Umwami Faisal i Kigali. Mu minsi yashize, uyu mubyeyi yari arembeye muri ibi bitaro, aho Kitoko yakundaga kumuba hafi amwitaho. Kuba yari amaze igihe agarutse gutura mu Rwanda, byatumye abona umwanya uhagije…
