U Bushinwa Bwashimangiye Akamaro k’Umuhanda Prince House – Masaka Mu Iterambere ry’u Rwanda

Ambasaderi w’u Bushinwa mu Rwanda, Gao Wenqi, yatangaje ko umushinga wo kwagura no kuvugurura umuhanda uhuza Prince House na Masaka ari umwe mu mishinga ifite uruhare rukomeye mu guteza imbere ibikorwa remezo no koroshya ubuhahirane hagati y’Umujyi wa Kigali n’Intara y’Iburasirazuba. Yabigarutseho kuri uyu wa Kabiri mu muhango wo gutangiza icyiciro cya mbere cya gahunda…

Soma inkuru yose

U Rwanda ruri mu mushinga mugari wo kuvugurura uburyo bwo gutunganya amazi yanduye

Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Jimmy Gasore, yatangaje ko umushinga wo kubaka uruganda rutunganya amazi yanduye ava mu bwiherero bwo mu Mujyi wa Kigali wadindiye nyuma y’uko rwiyemezamirimo wari warawutsindiye ananiwe kuwushyira mu bikorwa nk’uko byari biteganyijwe. Uyu mushinga wari ugamije kubaka uruganda runini ku Giticyinyoni ndetse n’imiyoboro ireshya na kilometero 92 izajya inyuzwa munsi y’ubutaka mu bice…

Soma inkuru yose