Messi yafashije Argentine kubona itike ya 1/16 cy’Igikombe cy’Isi

Lionel Messi yafashije Ikipe y’Igihugu ya Argentine gutsinda Autriche ibitego 2-0 mu mukino w’Igikombe cy’Isi cya 2026. Messi yagize uruhare rukomeye muri uyu mukino, aho yafashije ikipe ye kubona intsinzi y’ingenzi yayihesheje gukomeza mu kindi cyiciro cy’irushanwa. Iyi ntsinzi yahesheje Argentine amanota atandatu mu Itsinda J, bituma ikomeza kuyobora iri tsinda ndetse ihita ibona itike…

Soma inkuru yose

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League yongera gushimangira ubufatanye na Visit Rwanda

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yashimiye ikipe ya Paris Saint-Germain nyuma yo kwegukana Igikombe cya UEFA Champions League cya 2025/26, anashimangira akamaro k’ubufatanye iyi kipe ifitanye na gahunda ya Visit Rwanda. Ibi Perezida Kagame yabigarutseho mu butumwa yanyujije ku rubuga rwa X nyuma y’umukino wa nyuma wabereye muri Puskás Aréna, aho PSG yatsinze…

Soma inkuru yose