Ese ujya ugira ikibazo cy’amenyo? Menya ibiribwa bikunze kuyangiza n’uko wabirinda
Mu gihe abantu benshi bita ku mirire hagamijwe kugira ubuzima bwiza, inzobere mu by’imirire n’ubuvuzi bw’amenyo ziragaragaza ko hari ibiribwa n’ibinyobwa bishobora kugira ingaruka zikomeye ku menyo iyo bifashwe kenshi kandi isuku yo mu kanwa ikirengagizwa. Abahanga bavuga ko ibiribwa birimo isukari nyinshi ndetse n’ibinyobwa bifite aside nyinshi biri mu bituma amenyo yangirika, agacukuka cyangwa…
