Kujyana n’ibigezweho ntibivuze guca umuco, Minisitiri Umutoni ku mpaka z’imyambarire zakurikiye igitaramo cya Diamond

Impaka ku myambarire y’abitabiriye igitaramo cya “Diamond Platnumz Experience” zabaye imwe mu ngingo zavugishije benshi mu Rwanda, nyuma y’uko bamwe mu bakobwa bari bitabiriye iki gitaramo basubijwe inyuma kubera imyambaro bari bambaye. Amakuru dukesha IGIHE avuga ko Iki gitaramo cyabereye muri Parking ya BK Arena ku mugoroba wo ku wa 29 Kanama 2026, aho bamwe…

Soma inkuru yose