Minisitiri Utumatwishima yaburiye urubyiruko rujya kuri kanyanga nyuma yo gukurwaho kw’ibyuma

Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Abdallah, yasabye urubyiruko rw’u Rwanda kutagira inzoga z’ibyuma ziri gukurwa ku isoko urwitwazo rwo gushaka izindi nzoga zishobora kwangiza ubuzima, cyane cyane kanyanga. Amakuru dukesha IGIHE avuga ko Dr. Utumatwishima yabigarutseho kuri uyu wa 24 Kanama 2026, ubwo yari mu Karere ka Gicumbi mu muhango wo gusoza inama y’urubyiruko…

Soma inkuru yose