Nyuma y’uko ababarizwa mu muryango w’aba LGPTQ bagaragaje ko bifuza gukorera urugendo mu mujyi wa Roma ufatwa nk’amarembo ya Kiriziya bashize bararukora aho bitabiriye barenga ni bura igihumbi.
Ibi byabaye nyuma y’uko hari hamaze iminsi bivugwa ko abo mu muryango w’aba LGPTQ batangaje ko bagiye gukorera urugendo mu mujyi wa Roma aho ari urugendo rugomba gushigikirwa na Kiriziya Catholic.
Ibi bikivugwa abantu benshi bagaragaje ko batishimiye urwo rugendo ndetse bavuga ko batazihanganira kubona aba bakirwa n’abapadiri ndetse n’ubundi buyobozi bwa Kiriziya.
gusa ejo hashize aba bagaragaje ko ibyo baherukaga gutangaza atari amakabya nkuru maze bakora uru rugendo, aho barukoreye i Roma nk’uko bari babitangaje. Muri rusange uru rugendo rwakozwe n”abarenga igihumbi ( 1000 ) kandi nk’uko byavuzwe aba bakiriwe na Kiriziya imwe ya hariya i Roma.
Uru rugendo rukozwe ku nshuro ya mbere ndetse rukaba rwaragaragaje ko bishoboka ko aba bagize umuryango w’aba LGPTQ nabo mu minsi iri imbere bazaba bari gusezerana imbere y’imana nk’uko bari barabisabye kuva na Kare.
uramutse ushaka kumenya byinshi wadukurikira kuri Youtube yacu twitwa Fyve-tvRwanda