Amerika n’u Burusiya bongera kugirana umwuka mubi: Dore ibiri kuba
Umwuka w’ubushyamirane wongeye kwiyongera hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’u Burusiya nyuma y’uko Perezida Vladimir Putin atangaje ko igihugu cye cyagerageje intwaro nshya ya nucléaire ku wa 28 Ukwakira 2025. Putin yavuze ko iyo ntwaro ari “nta yindi isa na yo iri ku Isi”, asobanura ko ishobora kuraswa na drone yo mu mazi…