Ku Munsi Mpuzamahanga w’Amavangingo: Ubushakashatsi bwagaragaje ko 47% by’abakozi bo muri Amerika bakora imibonano mpuzabitsina mu masaha y’akazi

Ubushakashatsi bushya bwagaragaje ko hafi kimwe cya kabiri cy’abakozi bo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bavuga ko bigeze gukora imibonano mpuzabitsina mu masaha y’akazi. Ibyavuye muri ubu bushakashatsi byatangajwe ku wa 31 Nyakanga 2026, ku Munsi Mpuzamahanga w’Amavangingo, bigaragaza ko 47% by’abakozi bakora kuva mu gitondo kugeza nimugoroba bemeye ko bigeze gukora imibonano mpuzabitsina…

Soma inkuru yose

Ubugenzuzi bwa MIFOTRA bwafashe ibigo 71 bitubahiriza amategeko y’umurimo

Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo (MIFOTRA) yatangaje ko mu mezi atandatu ya mbere ya 2026, kuva muri Mutarama kugeza muri Kamena, yakoze ubugenzuzi mu bigo 2.290 bikorera hirya no hino mu Rwanda hagamijwe kureba niba byubahiriza amategeko agenga umurimo no kurengera uburenganzira bw’abakozi. Raporo yashyizwe ahagaragara na MIFOTRA igaragaza ko muri ibyo bigo byose byagenzuwe,…

Soma inkuru yose