Inkongi z’Umuriro Zikomeje Guteza Icyoba mu Bufaransa na Espagne, Abaturage Ibihumbi Bimurwa

Abantu ibihumbi n’ibihumbi bamaze kwimurwa mu Bufaransa no muri Espagne nyuma y’aho inkongi z’umuriro zikomeye zikomeje gukwira mu buryo budasanzwe, zigatwika amashyamba, inzu n’ibikorwaremezo. Ubuyobozi bw’ibihugu byombi bwatangaje ko buri gukora ibishoboka byose kugira ngo burokore ubuzima bw’abaturage mu gihe ubushyuhe bukabije n’umuyaga bikomeje gukaza ikibazo. Mu majyepfo y’uburengerazuba bw’u Bufaransa, ubuyobozi bwategetse ko abaturage…

Soma inkuru yose

Shakira na Burna Boy biteguye gutaramira ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Isi

Shakira na Burna Boy bakoze imyitozo ya nyuma n’itsinda ry’abana b’ababyinnyi rya Ghetto Kids ryo muri Uganda, mu rwego rwo kwitegura igitaramo kizasusurutsa abafana mu kiruhuko cy’igice cya mbere cy’umukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026. Aba bahanzi bagaragaye bakorana imyitozo n’aba bana bamamaye ku Isi kubera impano yabo mu kubyina. Ghetto Kids yigeze no…

Soma inkuru yose

Argentina yasezereye u Bwongereza igera ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi

Ikipe y’Igihugu ya Argentina yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026 nyuma yo gutsinda u Bwongereza ibitego 2-1 mu mukino wa ½ wabaye ku wa 15 Nyakanga 2026. Uyu mukino wari utegerejwe na benshi kubera amateka akomeye ari hagati y’ibi bihugu byombi mu marushanwa mpuzamahanga. U Bwongereza bwatangiye neza, bubona igitego cya mbere…

Soma inkuru yose