Gasabo-Ndera: Hatashywe Ikiraro cyo mu Kirere gifite Uburebure bwa Metero 75

Abaturage bo mu Murenge wa Ndera mu Karere ka Gasabo batangaje ko bagiye koroherezwa mu ngendo no kubona serivisi zitandukanye nyuma yo kubakirwa ikiraro cyo mu kirere kizabafasha kwambukiranya umugezi mu buryo bwizewe. Nk’uko IGIHE yabitangaje, iki kiraro cyubatswe ku bufatanye bw’Ikigo Dar Rwanda, TYLin, Introba ndetse n’umuryango FIKA Rwanda (Bridge to Prosperity), kikaba cyaratashywe…

Soma inkuru yose

“RYAF” yatoye ubuyobozi bushya, Sakina Usengimana yongera kugirirwa icyizere

I Kigali, kuri uyu wa 20 Kamena 2026, Ihuriro ry’Urubyiruko rukora ubuhinzi n’ubworozi n’ibibushamikiyeho kinyamwuga (RYAF) ryatoye inzego nshya z’ubuyobozi zizariyobora mu gihe kiri imbere, mu matora yabereye mu cyumba cy’inama cy’Akarere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali. Aya matora yasize Usengimana Sakina yongeye kugirirwa icyizere cyo kuyobora RYAF nka Perezida w’Inama y’Ubuyobozi, nyuma yo…

Soma inkuru yose

Sky2 Yatawe muri Yombi Akurikiranyweho Gukubita no Guhoza ku Nkeke Umugore we

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB (Rwanda Investigation Bureau), rwatangaje ko rwataye muri yombi Hahirwabasenga Thimotee uzwi cyane ku mbuga nkoranyambaga nka Sky2, akurikiranyweho ibyaha byo gukubita no gukomeretsa ku bushake ndetse no guhoza ku nkeke uwo bashyingiranywe. Acyekwaho gukomeretsa umugore we Amakuru yatangajwe na RIB avuga ko Sky2 akekwaho gukubita umugore we bashakanye byemewe n’amategeko, akanamuruma…

Soma inkuru yose