U Rwanda rugiye gushora imari nini mu kongera ibigega bya Peteroli

Guverinoma y’u Rwanda ku bufatanye n’abatumiza ibikomoka kuri peteroli barimo gutegura ishoramari rinini rigamije kwagura no kubaka ibigega bishya bya lisansi na mazutu, mu rwego rwo kongera ubushobozi bw’igihugu bwo kubika ibi bikomoka kuri peteroli no kugabanya ingaruka z’ihindagurika ry’ibiciro ku isoko mpuzamahanga. Ibi bikorwa biri guteganywa mu gihe ibiciro bya peteroli bikomeje kuzamuka ku…

Soma inkuru yose

Mazutu yazamutseho 722 Frw, RURA itangaza ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli

Urwego Ngenzuramikorere, RURA, rwatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli bizatangira gukurikizwa guhera ku wa 6 Kamena 2026 Saa Kumi n’Ebyiri za mu gitondo, aho litiro ya mazutu yiyongereyeho amafaranga 722 Frw mu gihe iya lisansi yagumye ku giciro yari isanzweho. Nk’uko byatangajwe na RURA, litiro ya lisansi izakomeza kugurishwa 2.938 Frw, mu gihe litiro ya…

Soma inkuru yose