Gufata inkari igihe kirekire bishobora kwangiza uruhago n’impyiko: Dore ibyo ugomba kumenya
Abahanga mu buzima baraburira abantu bafite akamenyero ko gufata inkari igihe kirekire, kuko bishobora kongera ibyago byo kwandura indwara zo mu nzira y’inkari ndetse bikagira n’ingaruka ku mikorere y’uruhago n’impyiko. Gufata inkari rimwe na rimwe ntibisanzwe bifatwa nk’ikibazo gikomeye, ariko kubigira akamenyero bishobora gutuma umuntu ahura n’ibibazo bitandukanye by’ubuzima. Gufata inkari bishobora kongera ibyago bya…
