Niba unywa itabi, ibi ni byo ugomba kumenya ku buzima bwawe

Kunywa itabi ni imwe mu ngeso zishobora kugira ingaruka zikomeye ku buzima bw’umuntu. Nubwo hari abaryanywa bavuga ko ribafasha kugabanya umunaniro cyangwa guhangana na stress, umwotsi waryo uba urimo imiti myinshi ishobora kwangiza ingingo zitandukanye z’umubiri. Itabi ririmo nikotine, ikinyabutabire gitera umuntu kurimenyeraho no kurigira ingeso igoye kureka. Umwotsi w’itabi kandi urimo ibindi binyabutabire byinshi…

Soma inkuru yose