Ikibazo Kimwe Abashakanye Bakwiriye Kwibaza
Abashakanye benshi bagera igihe bakumva hari ibitagenda neza mu mubano wabo ariko bakabura uburyo bwo kubisobanura cyangwa aho bahera bashaka ibisubizo. Hari abumva urukundo rwagabanutse, abandi bakumva amakimbirane yiyongereye, mu gihe hari n’abibaza niba umubano wabo ukiri ku murongo mwiza. Nk’uko umuhanga mu bijyanye n’imibanire y’abashakanye Assael Romanelli abigaragaza, hari ikibazo kimwe cyoroshye ariko gikomeye…
