U Rwanda Rwongereye Imbaraga mu Kwamamaza Ubukerarugendo Binyuze muri Aston Villa FC

U Rwanda rwongeye gukora indi ntambwe ikomeye mu kwamamaza isura yarwo ku rwego mpuzamahanga, nyuma y’uko gahunda ya Visit Rwanda isinyanye amasezerano y’ubufatanye na Aston Villa FC, imwe mu makipe akomeye akina muri Shampiyona y’u Bwongereza (Premier League). Ni ubufatanye butegerejweho kongera kumenyekanisha igihugu, gukurura ba mukerarugendo, abashoramari ndetse n’abashaka amahirwe y’ubucuruzi. Aya masezerano yatangajwe…

Soma inkuru yose

Visit Rwanda yatangiye ubufatanye bushya na Aston Villa nyuma yo gusoza amasezerano na Arsenal

Visit Rwanda yinjiye mu masezerano mashya y’ubufatanye n’ikipe ya Aston Villa yo mu Cyiciro cya Mbere mu Bwongereza (Premier League), aho ikirango cyayo kizajya kigaragara ku gituza cy’umwambaro w’iyi kipe. Aya masezerano aje nyuma y’uko ubufatanye Visit Rwanda yari imaze imyaka umunani ifitanye na Arsenal burangiye hasozwa umwaka w’imikino wa 2025-2026. Mu rwego rwo gukomeza…

Soma inkuru yose

Ibanga ryatumye Arsenal yongera kwegukana igikombe cya Premier League nyuma y’imyaka 22

Nyuma y’imyaka 22 yose itegereje, Arsenal yongeye kugaruka ku ntebe y’icyubahiro y’umupira w’amaguru mu Bwongereza, yegukana igikombe cya shampiyona ya Premier League. Iyi ntsinzi yabaye nyuma y’uko Manchester City inganyije na Bournemouth igitego 1-1, bituma Arsenal ihita iba iya mbere yegukana igikombe mbere y’umunsi wa nyuma wa shampiyona. Uyu mwaka wabaye udasanzwe kuri Mikel Arteta,…

Soma inkuru yose