Ikigega cya pansiyo mu Rwanda: Ishoramari ryacyo ryagira uruhe ruhare mu iterambere ry’ubukungu?

Abasesenguzi bagaragaza ko ikigega cya pansiyo ari umwe mu bashoramari bakomeye mu bukungu bw’u Rwanda, mu gihe hakomeje kwibazwa uko umutungo wacyo wakomeza gutanga umusaruro ku banyamuryango no gufasha mu iterambere ry’igihugu. Ikigega cya pansiyo gifite umwanya ukomeye mu bukungu bw’igihugu kubera umutungo gikoresha mu ishoramari ry’igihe kirekire. Uko ayo mafaranga ashorwamo bishobora kugira uruhare…

Soma inkuru yose

Nyamasheke: Abaturage batewe impungenge n’umusanzu wa “EjoHeza” bavuga ko batabona muri sisitemu

Mu Karere ka Nyamasheke, Umurenge wa Karambi, hari abaturage bavuga ko batewe impungenge n’imikorere ya gahunda y’ubwizigame bw’igihe kirekire ya “EjoHeza”, nyuma yo gutanga amafaranga y’umusanzu ariko ntibabone ubutumwa bubemeza ko amafaranga yabo yashyizwe muri sisitemu nk’uko bisanzwe bigenda ku banyamuryango b’iyi gahunda. Iki kibazo cyatumye bamwe mu baturage batangira kugira amakenga ku mikorere y’ikusanywa…

Soma inkuru yose