RBC: Ubwandu bwa Virusi itera Sida mu bagabo baryamana bahuje ibitsina buri kuri 5.8%

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) cyatangaje ko abagabo baryamana n’abo bahuje ibitsina bakomeje kuba mu byiciro byugarijwe cyane na Virusi itera Sida mu Rwanda, aho ubushakashatsi bwacyo bugaragaza ko ubwandu muri iki cyiciro buri ku gipimo cya 5.8%. Amakuru ya RBC agaragaza kandi ko umubare w’abagabo baryamana n’abo bahuje ibitsina wiyongereye uva ku bihumbi 18…

Soma inkuru yose

Ni gute wamenya ko wanduye Virusi itera SIDA? Impuguke zisobanura ibimenyetso n’akamaro ko kwipimisha

Nubwo ubumenyi ku kwirinda Virusi itera SIDA (HIV) bukomeje kwiyongera hirya no hino ku Isi, haracyari abantu benshi bibaza uburyo bashobora kumenya niba baranduye nyuma yo gukora imyitwarire ishobora kubagusha mu kaga ko kugira aho ihurira n’agakoko. Abaganga n’inzobere mu buzima bashimangira ko umuntu adakwiriye gushingira gusa ku bimenyetso ngo yemeze ko yanduye cyangwa atanduye…

Soma inkuru yose