Nyamagabe: Visi Meya Uwamariya yavuze ko yabonye ibintu 25 bibangamira iterambere

Mu gihe manda y’inzego z’abajyanama b’uturere za 2021–2026 igiye kurangira, Umuyobozi w’Akarere Wungirije ka Nyamagabe Ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Uwamariya Agnes, yavuze ku bintu bitandukanye yabonye mu myaka itanu yamaze mu buyobozi, avuga ko bimwe muri byo bishobora kubangamira iterambere iyo bidakumiriwe hakiri kare. Amakuru dukesha IGIHE avuga ko Uwamariya yabivuze ubwo hasuzumwaga ibyagezweho na…

Soma inkuru yose

Ngoma: Umugabo yishe mugenzi we basangiraga ‘akabenzi’ n’inzoga

Inzego z’umutekano mu Karere ka Ngoma zatangiye gushakisha umugabo w’imyaka 30 ukekwaho kwica mugenzi we bari basangiye inzoga n’inyama z’akabenzi, nyuma yo kugirana amakimbirane agahita amukubita umwase mu mutwe. Ibi byabaye ku wa Gatatu tariki ya 2 Nzeri 2026, mu Mudugudu wa Murambi, Akagari ka Kinunga, Umurenge wa Remera mu Karere ka Ngoma. Amakuru dukesha…

Soma inkuru yose

Minisitiri Uwimana yakebuye urubyiruko rwishora mu biyobyabwenge bikarwangiriza ahazaza harwo

Mu nama y’Igihugu y’Abana ya 18 yabereye mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Uwimana Consolée, yasabye urubyiruko kwirinda ibiyobyabwenge, ubusinzi n’izindi ngeso mbi zibangamira ejo hazaza habo. Izi mpanuro yazihaye abana 567 bitabiriye iyi nama, abasaba gukomeza kugira inzozi no gukora cyane kugira ngo bazazigereho. Minisitiri Uwimana yavuze ko abana ari…

Soma inkuru yose

WHO Yaburiye Abanywa Inzoga: Ethanol Ishobora Guteza Indwara Zirenga 200

Ubushakashatsi bw’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (WHO) bugaragaza ko ethanol, ikinyabutabire gisindisha kiboneka mu nzoga, ari kimwe mu bitera indwara nyinshi zidakira ndetse kigira uruhare mu rupfu rw’abantu barenga miliyoni 2.6 buri mwaka. Ibi bituma inzoga zikomeza kuba ikibazo gikomeye ku buzima rusange ku Isi. Nubwo inzoga zinyobwa n’abantu benshi mu rwego rw’imyidagaduro cyangwa…

Soma inkuru yose