Inyuma y’inkundura ya gatanya, abagiye gushakana basabwe kujya babanza kwitonda
Mu Rwanda, imanza zo gutandukana kw’abashakanye ku bwumvikane zikomeje kwiyongera, mu gihe abanyamategeko basaba abitegura gushyingiranwa kutibanda gusa ku muhango w’ubukwe, ahubwo bakabanza gusobanukirwa neza n’amasezerano ajyanye n’ishyingirwa ndetse n’inshingano zizakurikiraho. Abanyamategeko bavuga ko hari abantu benshi bashyira imbaraga nyinshi mu gutegura umunsi w’ubukwe, ariko ntibahabwe umwanya uhagije wo gusobanukirwa ibyo bemera n’inshingano baba bagiye…
