Leta n’abikorera barimo guhuza imbaraga mu guteza imbere ikoranabuhanga mu burezi

Mu gihe u Rwanda rukomeje gushyira imbaraga mu kubaka uburezi bushingiye ku ikoranabuhanga, ubufatanye hagati ya Leta n’abikorera burimo gufatwa nk’inkingi y’ingenzi izafasha kuzamura ireme ry’uburezi. Inzobere zivuga ko ikoranabuhanga rikwiye kuba igikoresho gifasha abarimu n’abanyeshuri, aho kuba ikibasimbura, kandi rigashyirwa mu mashuri nyuma yo gusuzumwa neza. Ibi byagarutsweho mu kiganiro Ed Tech Mondays gitambuka…

Soma inkuru yose

Gakenke: Umwarimu Yakomeretse Bikomeye Nyuma yo Gupfa Intebe n’Umunyeshuri

Mu Karere ka Gakenke habereye inkuru yateye benshi impungenge nyuma y’uko umunyeshuri akomerekeje umwarimu akoresheje ikaramu, bapfuye intebe bombi bashakaga kwicaraho mu gihe cy’ikizamini. Ibi byabereye ku Kigo cy’Amashuri cya G.S Cyanika giherereye mu Murenge wa Coko. Ibi byabaye ku wa 23 Kamena 2026, ubwo umwarimu witwa Gakoza Emmanuel yari ari gukoresha ikizamini cy’abanyeshuri. Mu…

Soma inkuru yose

Ubwenge buhangano AI, bugiye kwigishwa mu mashuri yisumbuye

Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC), iratangaza ko mu rwego rwo gushyigikira ubumenyi bufite ireme, mu mashuri yisumbuye n’ayigisha imyuga n’ubumenyi ngiro, hagiye gutangizwa kwiga amasomo ajyanye no gukoresha ubwenge buhangano (AI). Minisitiri w’Uburezi Joseph Nsengimana, yabitangarije mu kiganiro kigamije gusobanura uko uburezi bw’amashuri yisumbuye mu byiciro byombi buhagaze, n’icyakorwa ngo burusheho gutezwa imbere, aho yagaragaje ko ikoranabuhanga…

Soma inkuru yose