Igabanuka ry’inkunga ya HCR ritangiye kugira ingaruka ku mirire y’abana b’impunzi i Mahama

Ababyeyi b’impunzi ziri mu Nkambi ya Mahama mu Karere ka Kirehe bavuga ko igabanuka ry’inkunga bahabwaga ryatumye imibereho irushaho gukomera, ku buryo bamwe batakibasha kubona indyo ihagije ibafasha konsa no kurera abana neza. Ibi byagarutsweho ku wa 11 Kanama 2026, ubwo muri iyi nkambi hatangizwaga icyumweru mpuzamahanga cyahariwe konsa, cyabaye umwanya wo kugaragaza imbogamizi ababyeyi…

Soma inkuru yose

Igwingira mu Ntara y’Iburengerazuba riracyari hejuru, Guverineri Ntibitura arasaba ubufatanye mu kurirwanya

Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba, Ntibitura Jean Bosco, yavuze ko ikibazo cy’igwingira gikomeje kwibasira abana bo muri iyi Ntara giterwa ahanini n’imirire mibi, ubukene, isuku n’isukura bidahagije ndetse n’ubumenyi buke ku mirire iboneye. Yasabye inzego zose n’abaturage guhuriza hamwe imbaraga kugira ngo iki kibazo gihashywe burundu. Yabitangaje ku wa 23 Nyakanga 2026 i Karongi, mu nama nyunguranabitekerezo…

Soma inkuru yose