Ibintu bine Minisitiri Utumatwishima asaba urubyiruko kwitaho kugira ngo rutere imbere

Ibintu bine Minisitiri Utumatwishima asaba urubyiruko kwitaho kugira ngo rutere imbereMinisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Abdallah, yasabye urubyiruko rw’u Rwanda kwita ku bintu bine by’ingenzi birimo kugira ubuzima bwiza, gushaka ubumenyi, gutozwa no kugira uruhare mu nzego zifata ibyemezo. Amakuru dukesha IGIHE Avuga ko ibi Minisitiri Utumatwishima yabigarutseho kuri uyu wa 15 Kanama 2026,…

Soma inkuru yose

Abajyanama b’Uturere n’Umujyi wa Kigali bagiye kujya batorwa mu buryo buziguye

Inteko Ishinga Amategeko umutwe w’Abadepite yatoye itegeko ngenga rishya rigenga amatora, rizanye impinduka mu buryo Abajyanama b’Uturere n’Umujyi wa Kigali bazajya batorwa. Muri iri tegeko rishya, hateganyijwe ko abo bajyanama bazajya batorwa mu buryo buziguye, aho kuba mu buryo butaziguye nk’uko byari bisanzwe bikorwa. Iri tegeko ryatowe kuri uyu wa Gatanu tariki ya 8 Gicurasi…

Soma inkuru yose