WHO Yaburiye Abanywa Inzoga: Ethanol Ishobora Guteza Indwara Zirenga 200

Ubushakashatsi bw’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (WHO) bugaragaza ko ethanol, ikinyabutabire gisindisha kiboneka mu nzoga, ari kimwe mu bitera indwara nyinshi zidakira ndetse kigira uruhare mu rupfu rw’abantu barenga miliyoni 2.6 buri mwaka. Ibi bituma inzoga zikomeza kuba ikibazo gikomeye ku buzima rusange ku Isi. Nubwo inzoga zinyobwa n’abantu benshi mu rwego rw’imyidagaduro cyangwa…

Soma inkuru yose

Ese wari uzi ko uretse kuba ‘Viagra’ yongera umurego w’igitsina inagabanya ikwirakwira rya Kanseri mu mubiri ?

Mu myaka irenga 25 ishize, Viagra yabaye umwe mu miti izwi cyane ku Isi kubera ubushobozi bwayo bwo gufasha abagabo bafite ikibazo cyo kudahagarara neza kw’igitsina ari byo byitwa (erectile dysfunction) mu rurimi rw’amahanga. Uyu muti ukoreshwa n’abantu babarirwa muri za miliyoni, byaje kuvumburwa ko ushobora kuba wanifashishwa mu kuvura zimwe mu ndwara zifitanye isano…

Soma inkuru yose