Minisitiri Utumatwishima yaburiye urubyiruko rujya kuri kanyanga nyuma yo gukurwaho kw’ibyuma

Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Abdallah, yasabye urubyiruko rw’u Rwanda kutagira inzoga z’ibyuma ziri gukurwa ku isoko urwitwazo rwo gushaka izindi nzoga zishobora kwangiza ubuzima, cyane cyane kanyanga. Amakuru dukesha IGIHE avuga ko Dr. Utumatwishima yabigarutseho kuri uyu wa 24 Kanama 2026, ubwo yari mu Karere ka Gicumbi mu muhango wo gusoza inama y’urubyiruko…

Soma inkuru yose

Ngoma: Abarenga 60 bakekwaho ubujura n’ibindi byaha batawe muri yombi

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Ngoma yatangaje ko yataye muri yombi abantu barenga 60 bakekwaho ibikorwa bitandukanye byahungabanyaga umutekano w’abaturage bo mu Mirenge ya Kibungo na Rukumberi. Mu byo aba bantu bakekwaho harimo ubujura, guteza umutekano muke, ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu buryo butemewe n’amategeko, gucuruza kanyanga n’urumogi, ndetse n’ibindi bikorwa by’urugomo byavugwaga muri…

Soma inkuru yose