Abaryamana bahuje ibitsina bakomeje guhura n’imbogamizi, nyuma ya Turikiya hatahiwe Misiri
Ubwato bw’abagenzi bwari butwaye abantu benshi bo mu muryango wa LGBTQ n’ababashyigikiye bwabujijwe kwinjira mu Misiri, nyuma y’uko na mbere yaho bwari bwamaze kwangirwa guhagarara ku byambu byo muri Turikiya. Ibi byabaye mu rugendo rwari ruteganyijwe kumara iminsi 10, ibintu byakuruye impaka n’ukutishimira icyemezo cyafashwe n’ibihugu byombi. Ubwo bwato bwitwa Scarlet Lady, bukaba bugenzurwa na…
